Muri PL (Parti Libéral) ngo habayeho gukoresha ruswa (cyangwa se mbyite kwiba amajwi) mu gihe cy’amatora yabaye kuwa 5 Kanama uyu mwaka wa 2007. Mitali Protais (wari uhanganye na Gatete Polycarpe) ngo niwe watowe ariko akaba yarakoresheje uburiganya nk’uko byanditswe na New Times. Gusa ubanza bitaremezwa burundu ko ubu buriganya bwabayeho.
Ababyibuka rero ubwumvikane buke mu mashyaka muri za 93-94 nibwo bwaje kubyara ibipande byaje kwitwa “Pawa” (Power) n’ “Amajyojyi” hanyuma bimwe muri ibyo bipande bigahamagarira abanyarwanda guca amajosi y’abaturanyi babo igihe “umubyeyi ???” yari amaze kwicwa kugeza ubwo u Rwanda rwose rutemba imivu y’amaraso.

Nizere ko ubu buriganya butaza kuvamo ibipande bihanganye nk’uko byagenze icyo gihe. Mitali kandi nka Minisitiri w’ubucuruzi yaba ari gukorwaho iperereza na Polisi kubera ubundi buriganya buvugwa mu gutanga amasoko ya Leta. Bwo yaba yarabwemeye ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru.

Reka mbanze nisegure kuri bamwe bavuga ko ijambo “amabyi” ari ribi nyamara barivuga mu gifaransa cyangwa mu cyongereza bakumva ntacyo bitwaye.

Iyi nkuru nyisomye kuri website (nizere ko ijambo ry’ikinyarwanda rizaboneka vuba) y’ikinyamakuru [New Vision]. Ayo mazi kandi ntabwo ari mu kiyaga cyangwa umugezi ahubwo ni ayo muri za ‘robine’ zo mu ngo n’ahandi. Mbese abantu baba bayaguze ariko akabageraho avanze.

Ubu kandi muri iki gihe ngo yahindutse icyatsi kibisi.

Ubanza ariko ngo iryo bara ry’icyatsi ntacyo ritwaye cyane ngo kuko riterwa n’ibimera byabaye byinshi mu kiyaga cya Vigitoriya kandi amazi yaragabanutse.

Nahoze ndi gusoma ilisiti y’abantu bakize kurusha abandi ku isi ariko nsanze nta munyafurika wirabura uri muri 200 ba mbere. Nyamara uwakora ibarura ry’abica bene wabo kurusha abandi sinzi ko Afurika yabona umwanya uri kure cyane !!!

Cyokora hari aho nsomye ko cya gisambo Mobutu ngo yari atunze ibya mirenge nawe da. Kandi uwo mutungo we ukaba ungana n’imyenda Zaïre (Congo) yari ifitiye ibihugu by’amahanga.

Ntabwo namenya neza igituma nta banyafurika birabura bari ku ilisiti y’abantu bakize ariko nakwemeza ntashidikanya ko kuba “nta mupfumu iwabo” bishobora kuba bifite uruhare (n’ubwo rwaba ruto) muri ibi. Mu gihe umuntu atangiye kuzamuka bene wabo bashaka uburyo bamugusha.

Oprah Winfrey niwe mwirabura ukize kurusha abandi (Forbes magazine) akaba ari umunyamerika (cyane cyane mu mpapuro kimwe na Jackson). Ariko rero birashoboka ko hari ibindi bisambo biri ku butegetsi muri Afurika bifite menshi kurusha Oprah nubwo bitavugwa kubera ko aba ahishe hirya no hino kuko bitatinyuka gusobanura aho byayakuye mu gihe abaturage bicira isazi mu jisho.

I was tired of having to visit the computer many times a week to correct any problems it might have. I have installed all possible tools but still some sites trick the children to installing things that contain dangerous stuff. OK, I have told them how one should read every message before clicking on related buttons but still, some spyware manage to get installed especially when they are in a hurry.

I have tried to have them use a non-admin account but some games stopped working. So, they needed a computer that works. I decided to give a try to Ubuntu Desktop (I installed 7.04 Feisty Fawn) and it works fine so far. The install was straight forward and very quick. My daughter told me that she finds the interface nice and not different from the one she was used to.

It was even a nice way to explain that a COMPUTER and WINDOWS are two different things (not only because they do two different tasks, but because they are independent from one another). It’s a way to introduce them to democracy showing that there are different options.

Actually, it’s somebody else who installed it. It’s a family member who was on vacation here and she had never installed an operating system (even windows) before.

I have launched a new service at http://www.bookingplaner.com or http://www.lokalbokning.se.

With this service, companies such as Schools or others with many rooms such as meeting rooms, teaching rooms will be able to manage their bookings. Once a company registers, it will have the opportunity to download a FREE personalized client software that will be installed on computers of its personnel using those rooms. They can even register visitors who can use the rooms from outside.

All the translations on the site and in the client are not yet finished but will be ready in the near future.

The service is FREE to use for those companies/institutions that don’t have many rooms to manage. But for those power users, there are paying options that one can upgrade to once happy with the service.

I will be registering domains from different countries once the translations are complete.

You may think I am dreaming but it is true that a 75 old woman in the Karlstad city of Sweden has been today the owner of the world’s fastest broadband connection.

Her name is ” Sigbritt Löthberg” and she is the mother of  “Peter Löthberg” one of the IT gurus of Sweden (he works for Cisco). He is sometimes referred to as the Swedish Internet father.

It is said that she is now able to download a FULL high definition DVD in two seconds (2s). She is better connected than most african countries combined.

The most interesting in all this is that she had never had an Internet connectin of her own.
http://www.idg.se/2.1085/1.114625

http://www.nyteknik.se/art/51506

Maze gusoma inkuru y’umupasitori w’i Buganda y’ukuntu akoresha imashini ibyara umuriro ngo yemeze abantu ko bafashwe n’umwuka wera mpita nibuka ukuntu bamwe batitira nti wasanga n’abo mu Rwanda bagira utwo tumashini.

Iyo ndebye uburyo abaturage b’ibihugu by’i Burayi bakora bashishikaye ngo bateze ibihugu byabo imbere naho iwacu abantu bakabyuka bakoza akarenge bakigira mu rwagwa abandi mu rusengero nibaza icyo tugamije kikanyobera. Ariko rero abazi gusenga cyane bambwira ko ubwami bw’ijuru aribwo bwa ngombwa kurusha ibiri hano ku isi. Ariko rero kubyemera ntabwo binyorohera kuko tuba hano ku isi kandi n’impapuro zandika bibiliya zikenera gukorwa ntabwo zihanuka mu kirere.

Inkuru iri mu cyongereza kuri site ya Monitor: http://www.monitor.co.ug/sunday/news/news07085.php

Nshakishije ba nyiri ako kamashini nsanze kaboneka kuri http://www.yigalmesika.com/electric%20touch.htm

Abakeneye gutitira no gutitiza nababwira iki.

Since I started computer programming some years ago, I came to realize that a 24 hours day is very short. Sometimes I have to work for days with little or no sleep.

I always ask myself why a human body has (or needs) to rest (and most of all, sleep). Experts say that one needs at least 8 hours of sleep every day (of 24 hours).

So, is this an intended feature or it’s a design defect?

Naraye mvuganye n’umuntu uri i Kigali mu Rwanda turi kuganira ambwira ko yavuye ku nzoga nti ni byiza burya n’ubundi inyinshi zirangiza. Yansekeje aho yambwiye ati [code]Erega nawe ugarutse i Kigali wahita uba umurokore!!![/code] Kandi igitangaje ni uko abizi neza ko ntashobora kuba umurokore cyeretse yenda ari nk’akazi bampaye nkaba nshinzwe kuba umurokore. Nabwo najya mbwira abangana nti mujye mwumva ibyo mvuga ntimukibaze ibyo nemera!

Ariko yaje kunsobanurira ati [code]ubu kubera ubukene buri i Kigali, ugomba kwiyita umurokore kugira ngo ubashe gukwepa abashaka ko ubasengererera.

Naho ubundi wazabaho wishyura amadeni gusa cyangwa ukwepakwepa abo ufitiye imyenda y'inzoga.[/code]

Ngo [code]ubu abagore basigaye biyogoshesha bakabeshya bagenzi babo ko bumvaga hari ubushyuhe bwinshi maze bahitamo kuvanaho imisatsi.[/code]

Namubwiye nti ubanza noneho ari Gitwaza ubyungukiramo kuko ubwo abamugana bariyongera.

Yarangije ambwiye uburyo (strategy/stratégie) abantu basigaye bakoresha iyo hari umuturanyi cyangwa undi muntu ubabangamiye: [code]Iyo umuntu akubangamiye ntabwo bikiri ngombwa kujya kumurega kuri Polisi y'Igihugu. Icyoroshye ni ugushaka uburyo umuguriza amafaranga mukavugana igihe azayakwishyurira. Ubwo iyo icyo gihe kigeze cyo kukwishyura muba mubyaranye abo kuko atongera kuboneka. Iyo ari umuturanyi rero bwo aba abonye impamvu yo kwimuka nijoro.[/code]

.

C’est parti Hugo Chavez a finalement déclaré que son pays, le Venezuela, quitte ces deux institutions néo-coloniales dont le but numéro un est de perpétuer la pauvreté et la misère des pays en voie de développement.

Même si ce n’est pas envisageable, espérons que cette décision va pousser les propriétaires de ces institutions à penser à une réforme complète.

Quelques liens:

« Previous PageNext Page »